Tony Ruberwa, Queen - UZANDYARYE lyrics

[Tony Ruberwa, Queen - UZANDYARYE lyrics]

J music yeah aah aah aah
Mr ruto ninjye wumva ahangaha

Mwari urakeye, urateye,  urahiye
Nubwo benshi bahamya ko utankwiye (wallah)
Jy'ubimenya ko nakwemeye
Ntacyantera intimba nko kukubona ushavuye
(yeah) wowe uzira ukaziririza
Kunkurura kwawe ntibisaba kutikwiza (wallah)
Wambara rumbiya nkavuga amangambure
Sinzi uko byagenda uramutse wambaye impenure

Uzakunde njye ugukunda utazakunda utagukunda
Ushaka shake njye ugushaka
Utazashaka utagushaka (Ruto)
Nihagira umukungu ukuzanira amagana
Uzibuke umuhungu waguhariye amagara

Aah jyureka nawe wallah mwari
Mwiza uwakuruta ntawe noo
Aah jyureka nawe kukugira ni
Ukwigira kukubura ni ukwibura
Aah jyureka nawe wallah mwari
Mwiza uwakuruta ntawe noo
Aah jyureka nawe wallah mwari
Mwiza aho kunsiga uzandyarye
Uzandyarye uzandyarye uzandyarye
Wallah uzandyarye
Uzandyarye uzandyarye uzandyarye
Wallah uzandyarye

Wenda byo urabizi simva mumuryango ukize
(yeah)
Ndetse kuri wowe no mumyaka ndakuze (nibyo)
Gusa niba unkunda nkuko nanjye nagukunze
(nibyo)
Urabibona ko ntacyo bivuze (nibyo baan)
Wenda nkumu raper ka care ni gakeya
Gusa ntacyo uzamburana ngifite my dear
(Dear) Aho uzajya niho nzajya
(Dear) Aho uzaba nanjye niho nzaba (c’est ça)
Aho uzagwa niho nzagwa
Nuramuka unyemereye nzaguhora hafi
(sibyo chris) ntawakurusha ingero
Ntawakurusha indoro
Ntawakurusha ubwiza imbere y'amaso yanjye

Uzakunde njye ugukunda utazakunda utagukunda
Ushaka shake njye ugushaka
Utazashaka utagushaka (Ruto)
Nihagira umukungu ukuzanira amagana
Uzibuke umuhungu waguhariye amagara
(Ni mwiza)

Aah jyureka nawe wallah mwari
Mwiza uwakuruta ntawe noo
Aah jyureka nawe kukugira
Nukwigira kukubura nukwibura
Aah jyureka nawe wallah mwari
Mwiza uwakuruta ntawe noo
Aah jyureka nawe wallah mwari
Mwiza aho kunsiga uzandyarye
Uzandyarye uzandyarye uzandyarye
Wallah uzandyarye
Uzandyarye uzandyarye uzandyarye
Wallah uzandyarye

Imbere uruta knowless inyuma uruta allioni
Biragaragara biragaragara biragaragara
Biragaragara
Sinarota nkuyobya nzagukwa nkurongore
Nkwambike impeta maze nkugire umugore
Sinarota nkubabaza cg ngo nkugore
Nzaguhora hafi mubibi no mubyiza
Kamikazi kanjye naguhariye sentiment
Ukureba cyane si amaso n'umutima
Nubwo uguma kunyereka ko bikubangamira
Ngerageza kubireka bikanga bikananira

Aah jyureka nawe wallah mwari
Mwiza uwakuruta ntawe noo
Aah jyureka nawe kukugira
Nukwigira kukubura nukwibura
Aah jyureka nawe wallah mwari
Mwiza uwakuruta ntawe noo
Aah jyureka nawe wallah mwari
Mwiza aho kunsiga uzandyarye
Uzandyarye uzandyarye uzandyarye
Wallah uzandyarye
Uzandyarye uzandyarye uzandyarye
Wallah uzandyarye

Interpretation for


Add Interpretation

Add extended interpretation

If you know what the artist is talking about, can read between the lines, and know the history of the song, you can add interpretation to the lyrics. After checking by our editors, we will add it as the official interpretation of the song!

Latest added interpretations to lyrics

A B C D E F G H I J K L M N O P Q R S T U V W X Y Z #
Interpret